URASHAKA KUMENYA IBY'IMANA ?KUJYA MU IJURU?

Publié le par HITAYEZU

Kuberako babona ubuzima ari bugufi,abantu benshi biruka inyuma y’ibinezeza bahatanira

 kwimara irari kugera kubyo bifuza byose

niba  basenga ntibasenga muburyo buhuye n’uko Imana ishaka bitunganye rwose.

 

Bakagombye kuzirikanako nyuma y’ubu buzima hari ubundi buzima butazima

(job 42:10-16)

Abasenga by’ukuri bakora byose biringiye ko barinzwe kuko hari ibyiringiro by’umuzuko ntibatinya abakangisha kwica doreko ubu aricyo bakangisha gikomeye kuko bizerako bibilya ivuga iti«ntimugatinye abica umubiri badashobora kwica ubugingo n’umubiri».

Mubyukuri ubuzima ni bugufi bushira vuba bumara imyaka 70cg80 ariko twakagombye kubukoresha neza kuko nyuma hari ibyiringiro byo kuzabaho igihe kire kire. Tubikesha uko twakoresheje iki gihe gito tumaze ku isi .

 

 

 

 

 

 

SOUVENEZ-VOUS                 QUE:

Après cette vie disparaissante il y en a l’autre vie non disparaissante!!!

Pour cette raison

L’importance de la vie ce n’est pas sa duree c’est son usage

Le secret de la vie ce n’est pas de faire ce qu’ on aime c’est d’aime ce qu’on fait

 

ESE URIFUZA :

 

v    Kuba umuntu  udasanzwe ?

v    Kubona iminsi myiza ?

v    Kuzabana n’Imana mu ijuru ?

v    Gukiza ubugingo bwaze ?

v    Kuzambikwa ikamba ritangirika ?

v    Kwibera mu Isi y’amahoro ?

v    Kuramba ubuziraherezo?

 

        

ü     Kubaha Imana no kuyumvira

ü     Kubuza ururimi kuvuga ikibi

ü     Kubuza umunwa kuvuga iby’ubwanganyi

ü     Kureka ibibi ugakora ibyiza

ü     Gushaka amahoro

ü     Kwihanganira ibigerageragezo

ü     Kwambara intwaro zose z’Imana.

 

Kuberako babona ubuzima ari bugufi,abantu benshi biruka inyuma y’ibinezeza bahatanira

 kwimara irari kugera kubyo bifuza byose

niba  basenga ntibasenga muburyo buhuye n’uko Imana ishaka bitunganye rwose.

 

Bakagombye kuzirikanako nyuma y’ubu buzima hari ubundi buzima butazima

(job 42:10-16)

Abasenga by’ukuri bakora byose biringiye ko barinzwe kuko hari ibyiringiro by’umuzuko ntibatinya abakangisha kwica doreko ubu aricyo bakangisha gikomeye kuko bizerako bibilya ivuga iti«ntimugatinye abica umubiri badashobora kwica ubugingo n’umubiri».

Mubyukuri ubuzima ni bugufi bushira vuba bumara imyaka 70cg80 ariko twakagombye kubukoresha neza kuko nyuma hari ibyiringiro byo kuzabaho igihe kire kire. Tubikesha uko twakoresheje iki gihe gito tumaze ku isi .

 

 

 

 

 

 

SOUVENEZ-VOUS                 QUE:

Après cette vie disparaissante il y en a l’autre vie non disparaissante!!!

Pour cette raison

L’importance de la vie ce n’est pas sa duree c’est son usage

Le secret de la vie ce n’est pas de faire ce qu’ on aime c’est d’aime ce qu’on fait

 

 :

 

v    Kuba umuntu  udasanzwe ?

v    Kubona iminsi myiza ?

v    Kuzabana n’Imana mu ijuru ?

v    Gukiza ubugingo bwaze ?

v    Kuzambikwa ikamba ritangirika ?

v    Kwibera mu Isi y’amahoro ?

v    Kuramba ubuziraherezo?

 

        

ü     Kubaha Imana no kuyumvira

ü     Kubuza ururimi kuvuga ikibi

ü     Kubuza umunwa kuvuga iby’ubwanganyi

ü     Kureka ibibi ugakora ibyiza

ü     Gushaka amahoro

ü     Kwihanganira ibigerageragezo

 

Pour être informé des derniers articles, inscrivez vous :
Commenter cet article